Umutoza jean marie ntagwabira yahagaritswe by'agateganyo

  • PDF

Nyuma yo kumva ibyavugiwe muri Conference de Presse yakoreshejwe n'umutoza Jean Marie NTAGWABIRA kuwa gatanu tariki ya 06/07/2012, Komite Nyobozi ya FERWAFA mu nama yayo yo kuwa 18/07/2012 imaze kumva ibisobanuro by’uwo mutoza, yafashe icyemezo cyo guhagarika by'agateganyo uwo mutoza Ntagwabira mu ikipe y'igihugu Amavubi no mu yandi makipe y'umupira w'amaguru mu Rwanda mu gihe hagikorwa iperereza ku bandi bavugwa muri icyo kibazo.


Kigali, kuwa 18/07/2012

 

Prezida wa FERWAFA






Last Updated on Wednesday, 18 July 2012 15:06